Lyrics

Aaah aaah Aaah aaah Niz Beats Hari igihe bizansaba no gufata credit Ariko oya sinkuburire aga hennessy I don't know why ukuntu baby wamfashe amatwi Ukuntu wimanukira nka movie za kibadashi N'ubwo utwana twose mbona twigize udu Shaddyboo Kuri lenge nyinshi dore twose n'udusirimu Respect nguha wowe ni overdose Everytime unsanze genyero nkumenyera cadeaux Wankunze nta money nta body, ntaki n'iki yeeah Cyangwa nuko za staff za zindi njye mpora ndi ready yeeah Wankunze nta money nta body, ntaki n'iki yeeah Cyangwa nuko za staff za zindi njye mpora ndi ready, ready Anytime you want me, call me Uranyirahira no mubandi Nagukoma vibe z'ububandi Afrique ino baranzi Baby girl pull up pull up pull up pull up on me (on me) Turaza kwirira agatunda (tunda) Turaza kwirira agatunda (umva sha) Turaza kwirira agatunda (tunda) Turaza kwirira agatunda Location wampaye ko nayigezemo Inyama wampaye ko nayishunnyeho Igisigaye ni ugushyira amago Abatuvuga mbamene amaso Sinagupromisinze benz Sinaguhisha amadeni wankunze uko ndi Ibyanjye niwe ubizi Utuma nkora agahit baby Wankunze nta money nta body, ntaki n'iki yeeah Cyangwa nuko za staff za zindi njye mpora ndi ready yeeah Wankunze nta money nta body, ntaki n'iki yeeah Cyangwa nuko za staff za zindi njye mpora ndi ready, ready Anytime you want me, call me Uranyirahira no mubandi Nagukoma vibe z'ububandi Afrique ino baranzi Baby girl pull up pull up pull up pull up on me (on me) Turaza kwirira agatunda (tunda) Turaza kwirira agatunda (umva sha) Turaza kwirira agatunda (tunda) Turaza kwirira agatunda Turaza kwirira agatunda (tunda) Turaza kwirira agatunda (umva sha) Turaza kwirira agatunda (tunda) Turaza kwirira agatunda
Lyrics powered by www.musixmatch.com
instagramSharePathic_arrow_out